Radio
Iwanyu mu ntara
Mu Rwanda, abahagarariye imiryango itabogamiye kuri leta bakoze inama i Kigali uyu munsi kugirango bigire hamwe ibibazo by’imikoresherere n’imicungire y’amarimbi rusange Mu Burundi, abarimu b’abakutsakivi bagera ku 400 bo mu ntara ya Muyinga mu majyaruguru y’igihugu barishyuza Leta ibirarane by’imyaka itandatu. Baheruka guhebwa muri 2015. Leta ivuga ko yatangiye kubishyura. Mu Rwanda urugereko rwihariye rw urukiko rukuru ruburanisha ibyaha byo ku rwego mpuzamahanga n’iby’iterabwoba ruri i Nyanza, mu ntara y'amajyepfo, rwasubukuye kuri uyu wa gatatu , urubanza rwa Wenceslas Twagirayezu, ushinjwa ibyaha bya jenoside.
Murisanga
Guhera kuwa kabili w’iki cyumweru ingabo za Uganda zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba z’umutwe wa ADF zifite ibirindiro muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo. Igisirikare cya Uganda cyemeje ko ingabo zacyo kuri ubu zirwanira ku butaka bwa Kongo. Uganda yakomeje gushinja umutwe wa ADF ibikorwa by’iterabwoba. Ni byo twibandaho mu kiganiro Murisanga cy'uyu munsi
Amakuru y'Akarere
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo abitwaje intwaro bataramenyakana bateze imodoka yari igemuriye abavanywe mu byabo n'ubwicanyi bumaze iminsi mu Bibogobogo muri teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y'Epfo bica abantu batanu bari muri iyo modoka. Mu Rwanda, abahagarariye imiryango itabogamiye kuri leta bakoze inama i Kigali uyu munsi kugirango bigire hamwe ibibazo by’imikoresherere n’imicungire y’amarimbi rusange
Amakuru ku Mugoroba
Mu Burundi, abanyagihugu bo mu karere ka Nyempundu, zone Nyamakarabo, komine Mugina y’intara ntara ya Cibitoke, bateshejwe izabo n'imyuzura y'imvura basaba gufashwa. Mu Rwanda, havugwa ikibazo c’amatongo ashingurwamwo abitavye Imana. Amerika yongeye gusaba Uburusiya gusuka mabisi mu cuka kibi na Ukraine ONU iriko irondera miliyari 41 z’amadolari yo gufasha ibihugu vyugarijwe n’ ibibazo bitandukanye