Uko wahagera

Murisanga


Murisanga
please wait
Embed

No media source currently available

0:00 1:00:00 0:00

Guhera kuwa kabili w’iki cyumweru ingabo za Uganda zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba z’umutwe wa ADF zifite ibirindiro muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo. Igisirikare cya Uganda cyemeje ko ingabo zacyo kuri ubu zirwanira ku butaka bwa Kongo. Uganda yakomeje gushinja umutwe wa ADF ibikorwa by’iterabwoba. Ni byo twibandaho mu kiganiro Murisanga cy'uyu munsi

XS
SM
MD
LG