Abantu 43 bari baranyurujwe n'abakora iterabwoba muri Nijeriya bararekuwe. Uburaya bwemeye kuzofasha Mozambike kurwanya iterabwoba.
Abongereza bunamiye umwamikazi wabo, amahanga nayo aravuga ibigwi umutegetsi wari umaze imyaka myinshi kurusha abandi kuri uwo mwanya. Ku ngoro ye ya Buckingam habyukiye abantu bazana indabo zo kumusezeraho. Ibyo kandi birabera mu gihugu hose.
Mu kiganiro Murisanga uyu munsi turavuga ku mwamikazi w’Ubwongereza, Elizabeti wa kabiri watabarutse ejo ku myaka 96 y’amavuko. Nyuma y’imyaka 70 ari ku ngoma. Turabaha umwanya mutubwire uko mwakiriye iyo nkuru, icyo muzamwibukiraho n’ikindi mwifuza kuvuga ku buzima bwe.
Hirya no hino ku isi bakomeje kunamira umwamikazi Elizabeth II w'Ubwongereza Leta y’u Rwanda yatangaje ko abaturage bazakomeza kwinangira banga kwimuka kubw’ibikorwa by’inyungu rusange, izitabaza ingufu. Mu Burundi Abagize leta nshya barahiye
Mu Burundi, kuri uyu wa gatanu ku muhingamo, abagize Reta nshasha barahiye imbere y'inama nshingamateka na nkenguzamateka. Abantu benshi bavuze ibigwi umwamikazi elizabeth wataabarutse ku munsi w'ejo