Radio
13:00 - 13:29
Iwanyu mu ntara
Abanyamategeko muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo bareze Perezida Paul Kagame w’u Rwanda mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha. Bamushinja ibyaha byibasiye inyoko-muntu. François Hollande wahoze ari perezida w'Ubufaransa ari mu ruzinduko muri Kongo. Arasura ibitaro bya Panzi hafi ya Bukavu
16:00 - 16:59
19:30 - 19:59
Amakuru ku Mugoroba
Umukobwa wa Prezida Ndayizeye arafunzwe muri dosiye ya muganga Sahabo.Francois Hollande wahoze ari Perezida w’Ubufaransa uri mu ruzinduko muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo kuri uyu wa gatatu yasuye umujyi wa Bukavu.Ruswa y'igitsina ku kigero cya 75 ku ijana mu bagore mu Rwanda