gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
Perezida Ndayishimiye w'Uburundi yavuze ko abadiplomate b'igihugu cye bica amategeko bazakurikiranwa nk'abandi bose Perezida w'Amerika, uwa Canada n’uwa Mexique bateraniye mu nama mu murwa mukuru wa Mexique. Guverinema ya Senegali yafashe ingamba nshya zigamije kurwanya impanuka zo mu mihanda.
Murisanga
Mu kiganiro Murisanga cy'uyu munsi, turaganira ku ndwara z’amaso n’uko zivurwa mu Rwanda. Nk’uko tubisanga mu mugambi w’igihugu w’ibikorwa ku buzima bw’amaso, 2018-2024, indwara z’amaso zari iza mbere mu ndwara zitandura zajyanaga abantu kwa muganga mu 2016. Indwara z’amaso ni izihe? Ziterwa n’iki?
Amakuru y'Akarere
Leta ya Uganda yatangaje uyu munsi kuwa Gatatu ko nta Ebola ikirangwa mu gihugu. Mu nkambi ya Lusenda iri muri Teritware ya Fizi intara ya Kivu y’Epfo impunzi zihangayikishijwe n’umutekano muke ukomeje kuhagaragara. Ingabo z'intara ya Tigreya zatangaje ko zahaye reta ya Etiyopiya intwaro zikomeye.
Amakuru ku Mugoroba
Mu Rwanda, abasoreshwa barasaba ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro, gukurikiza inama bahawe n’umukuru w’igihugu, bakagabanyirizwa imisoro Uganda yatangaje ko indwara ya Ebola yashize mu gihugu Abagororwa 13 bapfiriye muri gereza nkuru ya Teritware ya Walikale muri Kongo