gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
Abahizi bahinga ibigori mu Burundi babajwe nuko umusaruro wabo bawugurisha ku giciro kiri hasi. Impanuka y’imodoka mu majyaruguru ya Tanzaniya yahitanye abantu 25 barimo n’abanyamahanga. Umuryango w’ibihugu by’Afrika y’Uburengerazuba CEDEAO watangaje ko ugiye koroshya ibihano wafatiye Gineya na Mali
Iwanyu mu ntara
Prezida wa Kongo Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yamaganye amasezerano u Rwanda rwasinyanye n’ubumwe bw’ibihugu by’uburayi yerekeranye n’uburuzi bw’abamahuye y’agaciro. Mu Burundi abahinzi b’ibigori barimo baragurisha umusaruro wabo ku 700 ku kilo, Mu gihe Leta yabemereye kuzajya ibaha 1700.
Amakuru y'Akarere
Mu Burundi abahinzi b’ibigori barimo baragurisha umusaruro wabo ku 700 ku kilo, mu gihe Leta yabemereye kuzajya ibaha 1700. Prezida wa Kongo Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yamaganye amasezerano u Rwanda rwasinyanye n’ubumwe bw’ibihugu by’uburayi yerekeranye n’uburuzi bw’abamahuye y’agaciro.
Amakuru ku Mugoroba
Umurwi Red Tabara urwanya ubutegetsi bwo mu Burundi, wigamvye igitero wagavye mu ntara ya Bubanza. Muri Gineya, ubuzima bwiriwe busa nk’ubwahagaze kubera imyiyerekano y’abanyagihugu. Umunyamakuru w’Umufaransa apfungiwe muri Etiyopiya azira kuvugisha umwe mu batavuga rumwe n’ico gihugu.