Prezida wa Kongo Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yamaganye amasezerano u Rwanda rwasinyanye n’ubumwe bw’ibihugu by’uburayi yerekeranye n’uburuzi bw’abamahuye y’agaciro. Mu Burundi abahinzi b’ibigori barimo baragurisha umusaruro wabo ku 700 ku kilo, Mu gihe Leta yabemereye kuzajya ibaha 1700.
Ibyiciro
-
31-03-2025Iwanyu mu ntara
-
28-03-2025Iwanyu mu ntara
-
27-03-2025Iwanyu mu ntara
-
26-03-2025Iwanyu mu ntara
-
25-03-2025Iwanyu mu ntara
-
24-03-2025Iwanyu mu ntara