Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.
Iwanyu mu Ntara (1100-1130UTC): Ni ikiganiro c’umwihariko, gishimikira ku makuru avugwa mu ntara zitandukanye z’Uburundi n’u Rwanda, kidasize inyuma ayavugwa mu makambi yahungiyemwo impunzi z’Abarundi muri Afurika y’ibiyaga binini n’Afurika y’ubuseruko.
Murisanga (1400-1500 UTC): Murisanga itumira umutumirwa, cyangwa abatumirwa kugirango baganire n'abakunzi ba Radiyo Ijwi ry'Amerika. Aha duha ijambo abantu bifuza kuganira n'abatumirwa bacu, batanga ibisobanuro ku bibazo binyuranye bireba ubuzima bw'abantu.
Muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo, abaturage bakuwe mu byabo n’ibitero by’imitwe yitwaje intwaro bari mu Bibogobogo bugarijwe n’ibibabazo byinshi birimo ibyo kutagira ibyo bafungura,
Leta y'u Rwanda iratangaza ko hari gahunda yo kugabanya inzibutso za Jenoside. Igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyahitanye abantu hafi 50 abandi batari bake barashimutwa muri Leta ya Plateau iri hagati mu gihugu cya Nijeriya