gahunda y'itangazamakuru
Iwanyu mu ntara
Repubulika ya demokarasi ya Congo n’Uburundi birashakira hamwe uko amahoro yagaruka mu ntara zihana imbibe ndetse n'abahatuye bagahahirana nta nkomyi. Abayobozi b’intara 6 z’Uburundi kuri uyu wa gatatu bahuye na guverineri w’Intara ya Kivu y’epfo, Theo Ngwabidje kuganira kuri iyo ngingo.
Murisanga
Kw’itariki ya 8 y’ukwezi kwa 3, uko umwaka utashye, isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abagore, ariko baracyahura n’ihohoterwa ryo ku mubiri n’irishingiye ku gitsina. Gufata ku ngufu byabaye intwaro yo mu ntambara. Ibi bibaviramo ingaruka zikomeye babana nazo ubuzima bwabo bwose.
Amakuru y'Akarere
Repubulika ya demokarasi ya Congo n’Uburundi birashakira hamwe uko amahoro yagaruka mu ntara zihana imbibe ndetse n'abahatuye bagahahirana nta nkomyi. Abayobozi b’intara 6 z’Uburundi kuri uyu wa gatatu bahuye na guverineri w’Intara ya Kivu y’epfo, Theo Ngwabidje kuganira kuri iyo ngingo.