Amakuru avugwa muri kano gatondo: Ukraine yoba igiye kuzokwemera guhagarika kwinjira muri OTAN. Abasirikare 14 ba Burkina Faso Bishwe n’abakekwa kuba abajihadiste
Umugabane w’Afurika wongeye kuza ku mwanya wa mbere mu kugira abaturage batishimye ugereranyije n’ahandi ku isi muri uyu mwaka w’2022. Mu Burundi icyemezo cyo kubuza tagisi-Moto, za tuk-tuk n’amagare kwinjira rwagati mu mujyi wa Bujumbura cyatangiye gushyirwa mu bikorwa
Murisanga (1400-1500 UTC): Mu kiganiro Murisanga cy’uyu munsi twatumiye Umunyarwanda umaze imyaka 34 atuye i Kyiv mu murwa mukuru wa Ukraine. We n’umuryango we bari mu bamaze iminsi 26 bagotewe n’ingabo z’Uburusiya muri uyu mujyi zikomeje gusatira.
Icyemezo cyo kubuza amagare, tuktuk n’amapikipiki kwinjira ku murwa mukuru w’ubucuruzi Bujumbura, cyatangiye gushyirwa mu bikorwa. Perezida wa Ukraine yasabye abategetsi b'ibihugu by'Uburayi guhagarika ubuhahirane hagati y’ibihugu byabo n’Uburusiya
Ibigize amakuru ku Mugoroba: Bamwe mu barimu bo mu Lusenda bigisha ku bigo by’amashuri abanza yakiriye abanyeshuri b’impunzi z’Abarundi zo mu nkambi ya Lusenda, iri mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo, bahagaritse kwigisha kubera ibirarane by’imishahara.