Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yavuze ko akanama ka ONU gashinzwe umutekano ariko kari inyuma y’imvururu z’urudacya ku mugabane wa Afrika kubera imyanzuro gafata itabereye umugabane. Ibi Museveni yabivugiye mu nama y’aba ministiri b’ibihugu cyumi bya Afrika byashizweho gufata imyanzuro y’umuryango Nyafrika isaba amahinduka mu miterere y’ako ka nama.
Inkuru ya Ignatius Bahizi akorera Ijwi ry'Amerika i Kampala muri Uganda
Facebook Forum