Abaturiye umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda baravuga ko n'ubwo bashyiriweho umwihariko wo kwishyura amafaranga make yo kwipimisha icyorezo cya COVID-19 bikomeje kubagora kuyabona.
Baravuga ko bikomeje kubabera imbogamizi ikomeye ibabuza kugenderana n'abaturanyi. Barasaba ko ayo mafaranga yavaho.
Eric Bagiruwubusa yasuye uwo mupaka adutegurira inkuru mushobora kumva mu ijwi hano hepfo.