Abaturage baturiye umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda barasaba ubutegetsi bw'ibihugu byombi uburenganzira bwo kongera kugenderana uko byahoze.
Babisabye nyuma y’aho u Rwanda rufunguriye uwo mupaka ariko kugeza ubu urakoreshwa cyane n’ibinyabiziga byikoreye ibicuruzwa.
Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Eric Bagiruwubusa yanyarukiye ku mupaka wa Gatuna aganira n'abawuturiye
Facebook Forum