Uko wahagera

Kwibuka30: Perezida Kagame Yanenze Umuryango Mpuzamahanga ko Warebereye muri Jenoside


Kwibuka30: Perezida Kagame Yanenze Umuryango Mpuzamahanga ko Warebereye muri Jenoside
please wait

No media source currently available

0:00 0:04:50 0:00

U Rwanda rwatangiye icyumweru cyo Kwibuka30. Perezida Paul Kagame yanenze Umuryango mpuzamahanga ko washoboraga kugira icyo ukora ngo uhagarike Jenoside yakorewe abatutsi ariko ukananirwa. Umuryango w'Ubumwe bw'Afurika wo watangaje ko nta muntu ushobora kwigira umwere ku byabaye muri jenoside.

Forum

XS
SM
MD
LG