Uko wahagera

Abatora muri Amerika Ntibazi Amafaranga Akusanywa n'Abakandida aho Ajya


Abatora muri Amerika Ntibazi Amafaranga Akusanywa n'Abakandida aho Ajya
please wait

No media source currently available

0:00 0:04:20 0:00

Muri Amerika, Joe Biden na Donald Trump, abakandida bazahatana mu matora y'umukuru w'igihugu mu kwezi kwa 11 k'uyu mwaka barimo gukusanya inkunga y'amafaranga bakoresha mu kwiyamamaza. Bamwe mu banyamerika batora, bemeza ko ari ngombwa gukusanya inkunga ariko batazi aho amafaranga yose ajya.

Forum

XS
SM
MD
LG