gahunda y'itangazamakuru
Iwanyu mu ntara
Abaharanira uburenganzira bwa muntu mu ntara ya Kivu ya ruguru bavuga ko imirimo yabo ibangamiwe n’imitwe yitwaje intwaro. Muri Kongo haravugwa urupfu rwa Cherubin Okende, wahoze ari minisitiri wo gutwara abantu n’ibintu.ONU iratangaza ko kurandura indwara ya Sida bitarenze umwaka w’2030 bishoboka
Amakuru y'Akarere
Ubutungane bw'Uburundi buvuga ko bukomeje gucukumbura ibindi kuri Jenerali Bunyoni. Umukinnyi kabuhariwe w'umupira w'amaguru, Lionel Messi, yakiriwe nk'umwami mu mujyi wa Miami muri Amerika.Imiryango 20 y’abanyagambiya yapfushije abana nyuma yo kunywa umuti w’inkorora wakorewe mu Buhind
Amakuru ku Mugoroba
Leta y’Uburundi yihanije inzego z’ubuyobozi kutazongera guhagararira ubuguzi bw’ubutaka buguzwe n’umunyamahanga. Muri Afrika y'Epfo, guverinoma yohereje ingabo guhagarika urugomo rwo gutwika amakamyo. Impande zishyamiranye muri Sudani, zahaganye mu mirwano ikaze mu bice by’umujyi wa Bahri.