Uko wahagera

Ubwongereza mu Minsi Yabwo ya Nyuma muri EU


Intumwa z’Umuryango w’Ubulayi bwibumbye bongeye guhura uyu munsi kugirango basuzume bwa nyuma umushinga w’amasezerano yo gusohotamo k’Ubwongereza, Brexit.

Abakuru b’ibihugu b’Umuryango bazaterana ku cyumweru i Buruseli kugirango bayemeze cyangwa bayange. Espagne na n’ubu iracyavuga ko ishobora kuzayanga.

Ubwongereza ariko bugomba kuba buvuye mu Muryango ku italiki ya 29 y’ukwa gatatu gutaha, amasezerano yabaho cyangwa atabaho.

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG