Uko wahagera

Isomo ryava ku bibera muri Libya


Isomo ryava ku bibera muri Libya
Isomo ryava ku bibera muri Libya

Muri Libya ubutegetsi bwa Moammar Kadhafi bwakuweho nyuma y’imyaka 42 ku buryo ubu abantu benshi bibaza ibizakurikiraho. Mugenzi wacu Etienne Karekezi yabajije umunyarwanda ukunda gusesengura ibya politiki bwana Tuyisenge Hamilcar-Fidele uri I Gahini mu Rwanda, uko abona kuva ku butegetsi kwa Kadhafi.

XS
SM
MD
LG