Uko wahagera

Abatuye Abidjan Bugarijwe n'Imirwano


Ibintu biragenda bifata isura nshya mu gihugu cya Cote d'Ivoire kuva aho imirwano ikaze ishyamiranije abashyigikiye perezida ucyuye igihe n'ab'uwemejwe mu rwego mpuzamahanga.

Muri Cote d’Ivoire, abarwanyi bashyigikiye perezida wemejwe n’amahanga Alassane Ouattara baragenda bigarurira imijyi minini y’igihugu. Amakuru ya nyuma aravuga ko bigaruriye umujyi wa Yamoussoukro n’icyambu cya San Pedro kinyuzwamo cacao yoherezwa mu mahanga.

Hagati aho, abatarahunze umurwa mukuru w’ubucuruzi Abidjan biteze kureba aho ibintu byerekeza. Etienne Karekezi yavuganye n’umunyarwanda utuye muri uwo mujyi bwana Barthelemy Uwimana asobanura uko ibintu byifashe.

XS
SM
MD
LG