Mu Rwanda abaturage 80 batuye hafi y’ikimoteri cya Nduba mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali basaba kwimurwa. Abaturage bo muri Mali bazindukiye mu itora ryo kwemeza cyangwa guhakana ivugururwa ry’Itegeko Nshinga. Mu murwa mukuru wa Sudani, hatangiye agahenge k’amasaha 72 hagati y’abahanganye.
Ibyiciro
-
23-10-2024
Amakuru y'Akarere
-
22-10-2024
Amakuru y'Akarere
-
21-10-2024
Amakuru y'Akarere
-
20-10-2024
Amakuru y'Akarere
-
19-10-2024
Amakuru y'Akarere
-
18-10-2024
Amakuru y'Akarere