Uko wahagera

Intambara Hagati ya M23 n'Ingabo za Kongo Irabandanya


Zimwe mu ngabo za FARDC
Zimwe mu ngabo za FARDC

Ku mupaka wa Bunagana uhuza Repubulika ya demukarasi ya Kongo na Uganda haravugwa ituze, mu gihe kure yaho gato hakomeje intambara hagati y'umutwe wa M23 n'ingabo za Kongo.

Muri iyi minsi uyu mupaka ugenzurwa n'abasirikari ba M23 nyuma yo kuhirukana abasirikari ba Leta. Ijwi ry'Amerika ryahohereje umunyamakuru waryo Ignatius Bahizi ukorera i Kampala. Mu kiganiro n'umumenyeshamakuru w'Ijwi ry'Amerika Eddie Rwema, arasigura uko yasanze hifashe.

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG