Nyuma y’imyaka hafi 30 ari mu buyobozi bw’umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu- Human Rights Watch HRW, umunyamategeko w’Umunyamerika Kenneth Roth, yatangaje ko ateganya kwegura kuri izo nshingano mu mpera z’ukwa munani uyu mwaka.
Ibyo bikubiye mu itangazo uwo muryango akorera washyize ahagaragara kuri uyu wa kabiri.
Umunyamakuru w’ijwi ry’Amerika Themistocles Mutijima yasomye iryo tangazo ategura inkuru ushobora kumva mu ijwi rye hano hepfo.
Facebook Forum