Guhera kuri uyu wa mbere u Rwanda rwafunguye imipaka yarwo yose yo ku butaka iruhuza n’ibihugu by’ibituranyi. Ni imipaka yari yarafunzwe mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid 19. Gusa hari ibihugu bitahise bifungura, u Rwanda rugasobanura ko icyo ari icyemezo kizafatwa n’ibyo bihugu.
Ibyiciro
-
22-03-2026Amakuru y'Akarere
-
21-03-2026Amakuru y'Akarere
-
15-03-2026Amakuru y'Akarere
-
14-03-2026Amakuru y'Akarere
-
08-03-2026Amakuru y'Akarere
-
07-03-2026Amakuru y'Akarere