Guhera kuri uyu wa mbere u Rwanda rwafunguye imipaka yarwo yose yo ku butaka iruhuza n’ibihugu by’ibituranyi. Ni imipaka yari yarafunzwe mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid 19. Gusa hari ibihugu bitahise bifungura, u Rwanda rugasobanura ko icyo ari icyemezo kizafatwa n’ibyo bihugu.
Ibyiciro
-
24-04-2024
Amakuru y'Akarere
-
23-04-2024
Iwanyu mu ntara
-
22-04-2024
Amakuru y'Akarere
-
21-04-2024
Amakuru y'Akarere
-
20-04-2024
Amakuru y'Akarere
-
19-04-2024
Amakuru y'Akarere