Uko wahagera

Amakuru y'Akarere


Amakuru y'Akarere
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:59 0:00

Republika ya Demokarasi ya Kongo cyinjiye ku mugaragaro mu muryango wa Afrika y’Uburasirazuba. Iki cyemezo cyafashwe n’Inama idasanzwe ya18 y’abakuru b’ibihugu bigize uwo muryango, yateranye kuri uyu wa gatatu hifashishijwe ikoranabuhanga rigezweho. Kongo ibaye igihugu cya 7 kigize umuryango wa EAC. Bamwe mu baturage bo mu karere ka Bugesera, mu ntara y'uburasirazuba, bahuye n’izuba ryinshi muri iki gihembwe cy’ihinga. Baravuga ko batazabasha gusoza umwaka neza, bitewe n’inzara ibugarije. Leta y’u Rwanda iravuga ko nta gahunda ifite yo kwohereza abapolisi muri Republika ya demokarasi ya Kongo. Ibyo byatagangajwe n’uhagarariye u Rwanda i Kishansa, Vicent Karega.

XS
SM
MD
LG