Uko wahagera

Amakuru y'Akarere


Amakuru y'Akarere
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:59 0:00

Uruganda Iyaga Plus rukora amarangi y’ubwoko butandukanye rwafashwe n’inkongi y’umuriro, mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu byinshi mu byari birurimo birakongoka. Mu Rwanda, abunganira mu mategeko umukecuru w’imyaka 80 Eugenie Nkundabanyanga barasaba ko afungurwa by’agateganyo agakurikiranwa ari hanze. Amashyirahamwe y'abagore mu Burundi aravuga ko ihohoterwa ribakorerwa rikigaragara mu gihugu ku bwinshi. Batangije iminsi 16 yo gukangurira abantu kurirwanya

XS
SM
MD
LG