Uko wahagera

Urugendo Ruracyari Rurerure ku Mutegarugori


Ni umunsi washyizweho n’Umuryango w’abibumbye wo kuzirikana intambwe iterwa n’abagore mu nzego zinyuranye zirimo politiki, uburezi, ubucuruzi n’ibindi.

Abatuye isi bizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe umwari n’umutegarugori ku italiki ya 8 Werurwe mu mwaka wa 2012.

Ni umunsi washyizweho n’Umuryngo w’abibumbye wo kuzirikana intambwe iterwa n’abagore mu nzego zinyuranye zirimo politiki, uburezi, imibereho, ubucuruzi n’ibindi.

Mw’ijambo yagejeje ku batuye isi, umunyamabanga mukuru wa ONU Ban Ki-moon yavuze ko urugendo abagore bagomba gukora kugirango bagere ku buringanire n’abagabo rukiri rurerure.

Mu kiganiro Tujye Impaka, umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Etienne Karekezi araganira na madame Blandine Sebujangwe uri I Kigali mu Rwanda na bwana Yohani Uwamungu Rukebesha uba mu Bubiligi.

XS
SM
MD
LG