Uko wahagera

Sena y'u Rwanda n'iya Kongo Zaganiye ku Mutekano


Abarwanyi ba M23 bari mu mudoka hafi ya Bunagana
Abarwanyi ba M23 bari mu mudoka hafi ya Bunagana
Intumwa za komisiyo y’ububanyi n’amahanga ya sena ya Kongo ziyobowe na perezida wayo Leon Kengo wa Dondo zatangiye ibiganiro by’iminsi ibiri n’abayobozi ba sena y’u Rwanda taliki ya 6 n’iya 7 y’ukwezi kwa gatanu mu mwaka wa 2013.

Izo ntumwa zasuye inkambi y’impunzi z’abanyekongo iri ahitwa I Gihembe mu karere ka Gicumbi, ndetse n’iya Mutobo aho impunzi zituruka muri Kongo zibanza kuruhukira.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’AMerika Etienne Karekezi yabajije perezida wa sena y’u Rwanda Dr. Ntawukuriryayo Jean Damascene icyo ibiganiro hagati y’izo nzego zombie byabandaho.

please wait

No media source currently available

0:00 0:05:58 0:00
Ibishamikiyeho
XS
SM
MD
LG