Uko wahagera

Rwanda: Mu Bugarama Abarurage Bahawe Ibyangombwa by'Ubutaka Bari Bategereje


Umuturage w'Umurenge wa Bugarama amaze guhabwa icyangombwa cy'ubutaka
Umuturage w'Umurenge wa Bugarama amaze guhabwa icyangombwa cy'ubutaka

Mu Rwanda abatuye umurenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi mu burengerazuba bw'igihugu batangiye guhabwa ibya ngombwa by'ubutaka bari batunze bwitirirwaga minisiteri y'ubuhinzi n'ubworozi.

Ni icyemezo cyakiranywe akanyamuneza n'aba baturage bari bamaze imyaka hafi 10 mu gihirahiro.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Thémistocles Mutijima ukorera mu Burengerazuba bw'u Rwanda yakurikiranye uko byagenze ubwo ministri w'ubutegetsi bw'igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yatangizaga igikorwa cyo kubasubiza ubutaka

please wait

No media source currently available

0:00 0:03:48 0:00


Facebook Forum

XS
SM
MD
LG