Uko wahagera

Kigali: Inama Mpuzamahanga Yaganiriye Kuri Jenoside Imaze Imyaka 30 Ibaye mu Rwanda


Abitabiriye inama mpuzamahanga iganira ku myaka 30 Ishize mu Rwanda habaye Jenoside yakorewe Abatutsi
Abitabiriye inama mpuzamahanga iganira ku myaka 30 Ishize mu Rwanda habaye Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa gatanu, i Kigali mu murwa mukuru w'u Rwanda habereye inama mpuzamahanga ijyanye no kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.

Abagera kuri 300 biganjemo abanyamakuru, abanyamategeko, abahanga mu mateka n’abaharanira uburenganzira bwa muntu bo mu Rwanda no mu mahanga baganiye ku Rwanda rwa nyuma ya Jenoside no kumvikanisha ijwi ry’Abanyarwanda ku isi yose.

Umunyamakuru Assumpta Kaboyi yakurikiye ibyabereye muri iyo nama ategura inkuru irambuye ushobora kumva mu ijwi hano hepfo:

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:52 0:00

Forum

XS
SM
MD
LG