Kuri uyu wa kabiri tariki ya 4 y'ukwa Karindwi 2023 mu karere ka Rubavu mu burengerazuba bw’u Rwanda ni ho habereye ibikorwa byo kwizihiza umunsi w’ubwigenge ku nshuro ya 61 no kwibohora ku nshuro ya 29. Umunyamakuru Gloria Tuyishime yakurikiranye ibyo birori ahabereye Ijwi ry'Amerika.
Tukivuga kuri iyi nkuru yo kwibohora n’ukwikukira mu Rwanda, umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika, Tim Ishimwe, yavuganye na Bwana Faustin Twagiramungu, wahoze ari minisitiri wintebe w’u Rwanda, Jenoside ikimara kuba. Ni umwe kandi mu bantu bakurikiranye ibirori by’ubwigenge bw’u Rwanda muri 1962 ari kuri sitade I Nyamirambo. Bwana Twagiramungu, ubu wahungiye mu Bubiligi, aratangira avuga icyo umunsi w’ubwigenge uvuze kuri we.
Facebook Forum