Uko wahagera

Amerika Iracafise Icizere co Kuganira na Koreya ya Ruguru


White House yatangaje ko igifite icyizere cy’uko inama ya Perezida Donald Trump n’umuyobozi w’ikirenga wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, izaba koko ku italiki ya 12 y’ukwezi gutaha kwa gatandatu i Singapore.

Kuri uyu wa kabiri, Koreya ya Ruguru yavuze ko ishobora kuburizamo iyi nama kubera ko Amerika iyisaba cyane gusenya intwaro kirimbuzi zayo zose uko zakabaye. Koreya ya Ruguru yarakajwe kandi n’imyitozo y’abasilikali ba Leta zunze ubumwe z’Amerika bafatanije n’aba Koreya y’Epfo.

Umuvugizi wa Perezida Trump, Sarah Huckabee Sanders, yavuze, ati: “Twiteguye imishyikiramo igoranye, ariko niba inama idashobotse, ntibizatubuza gukomeza gushyira igitutu gikomeye kuri Koreya ya Ruguru mu bihano byo mu bukungu.”

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG