gahunda y'itangazamakuru
05:30 - 06:00
13:00 - 13:29
Iwanyu mu ntara
Ku munsi wa kabiri w'intambara yagabwe n’Uburusiya kuri Ukraine, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko abantiu 137, abasivili n’abasirikare bamaze kwicwa. Yasabye umuryango mpuzamahnga kurushaho gutera inkunga igihugu cye. Mu murwa mukuru, Kiev, humvikanye urusaku rw’ibisasu.
16:00 - 16:59
19:30 - 19:59
Amakuru ku Mugoroba
Ingabo z’Uburusiya n’iza Ukraine zahanganiye mu nkengero z’umurwa mukuru Kiev kuri uyu wa gatanu, umunsi wa kabiri w’ibitero by’Uburusiya kuri Ukraine. Inzira ya dipolomasi na yo irakomeje mu kugerageza gucubya iyi ntambara. Uburusiya bwemeye kohereza intumwa muri Ukraine mu biganiro n'ubutegetsi