gahunda y'itangazamakuru
Iwanyu mu ntara
U Rwanda rwatangake ko kuri uyu wa Kabiri hari abasirikare batatu ba Kongo binjiye ku butaka bw’u Rwanda mu buryo butemewe n'amategeko. Mu mikino y'irushanwa ry’igikombe cy’Afurika mu mupira w’amaguru ibera muri Kotedivwari, Uyu munsi, mu mikino yo mu itsinda rya F, Maroke irahura Tanzaniya.
Amakuru y'Akarere
U Rwanda rwatangaje ko kuri uyu wa Kabiri hari abasirikare batatu ba Republika ya Demokarasi ya Kongo binjiye ku butaka bw’u Rwanda mu buryo butemewe n'amategeko. Mu mikino y'irushanwa ry’igikombe cy’Afurika mu mupira w’amaguru 2023 ibera muri Kotedivwari, Uyu munsi, Maroke irahura Tanzaniaya.
Amakuru ku Mugoroba
Muri Kongo, M23 ivuga ko abayobozi b'urugamba babiri biciwe mu mirwano yongeye kubura. Igisirikare cya Ukraine cyashwanyaguje drone 19 muri 20 zatewe n’Uburusiya mu bitero bwagabye mw’ijoro ryakeye. Mu mikino y’igikombe cy’Afurika cy’ibihugu, Maroke imaze gutsinda Tanzaniya kimwe ku busa.