Uko wahagera

Iwanyu mu ntara


Iwanyu mu ntara
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:56 0:00

U Rwanda rwatangake ko kuri uyu wa Kabiri hari abasirikare batatu ba Kongo binjiye ku butaka bw’u Rwanda mu buryo butemewe n'amategeko. Mu mikino y'irushanwa ry’igikombe cy’Afurika mu mupira w’amaguru ibera muri Kotedivwari, Uyu munsi, mu mikino yo mu itsinda rya F, Maroke irahura Tanzaniya.

XS
SM
MD
LG