gahunda y'itangazamakuru
13:00 - 13:29
Iwanyu mu ntara
Mu Burundi, ubuyobozi bw’intara ya Bujumbura bwafashe icyemezo cyo kwimura abatuye ahantu hateye amakenga mu Gatumba. Indwara zo kudasinzira ziragenda zirushaho kuba ikibazo mu rubyiruko.Mu Rwanda, umushinga w’itegeko wemejwe n’intego nshimnatego wemerea abana b;abakobwa binyka 18 gusgaka abagabo
19:30 - 19:59
Amakuru ku Mugoroba
Mu Burundi, Perezida Evariste Ndayishimiye yatangije ibikorwa byo kwigisha abaturage gukunda igihugu n’ibirebana n’amatora. Mu Rwanda, bamwe mu baturage baravuga ko kubana bigishoboka hagati y’abakoze jenoside n’abayirokotse. Amerika yatanze amadolari miliyoni 25 yo gufasha impunzi muri Uganda.