gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
Abatabazi muri Kongo bakomeje gushakisha imibiri y'abaguye mu mpanuka y'ubwato mu kiyaga cya Kivu.Mu Rwanda, abatuye ibice bitandukanye by’akarere ka Kamonyi barasaba kubegereza inzego z'umutekano.Muri Amerika, abakozi bapakira bakanapakurura amato mu byambu birenga 30 bari bahagaritse akazi
Iwanyu mu ntara
Muri Kongo, umutwe wa M23 uranyomoza ibikubiye muri raporo ya HRW. Nano none muri Kongo, abatabazi bakomeje gushakisha imibiri y'abaguye mu mpanuka y'ubwato mu kiyaga cya Kivu.Bamaze kurokora abantu 58. Muri Amerika, abakozi bapakira bakanapakurura amato mu byambu birenga 30 bari bahagaritse akazi
Murisanga
Muri Kongo abadepite ku rwego rw’igihugu bahagarariye intara zo mu burasirazuba barasaba ko ubutegetsi bwa gisirikare muri izo ntara bwavanwaho bugasimburwa n’ubwa gisivili. Barashinja ubutegetsi bw’I Kinshasa kutita bihagije ku kibazo cy’umutekano muke cyazahaje intara bakomokamo. Murisanga!
Amakuru y'Akarere
Muri Kongo, umutwe wa M23 uranyomoza ibikubiye muri raporo ya HRW. Nano none muri Kongo, abatabazi bakomeje gushakisha imibiri y'abaguye mu mpanuka y'ubwato mu kiyaga cya Kivu.Bamaze kurokora abantu 58. Muri Amerika, abakozi bapakira bakanapakurura amato mu byambu birenga 30 bari bahagaritse akazi
Amakuru ku Mugoroba
Sosiyete ikora imiti yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yitwa Gilead Sciences igiye guha u Rwanda umuti wo kuvura virusi ya Marburg.Abarezi bo mu Burundi bazizihiza umunsi mpuzamahanga wa mwalimu.Muri Nijeriya, icyorezo cya kolera cyibasiye leta ya Borno, mu majyaruguru y'uburasirazuba bw’igihugu.