gahunda y'itangazamakuru
16:00 - 17:00
Abagore n’abakobwa bafashwe ku ngufu n’abicanyi muri jenoside, hamwe n’abana babyaye, babayeho bate nyuma y'imyaka 25 ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda?
Murisanga itumira umutumirwa, cyangwa abatumirwa kugirango baganira n'abakunzi ba Radiyo Ijwi ry'Amerika. Aha duha ijambo abantu bivufa kuganira n'abatumirwa bacu, batanga ibisobanuro ku bibazo binyuranye bireba ubuzima b'abantu.