Radio
04:30 - 05:00

Ejo
Ejo ni ikiganiro cy'iminota 30 gitegurwa n'urubyiruko rwo mu Rwanda, kibanda ku bibazo binyuranye ruhura na byo. Ibyo birimo kwihangira imirimo, guteza imbere umuco wo kuganiro mu cyubahiro, no gushimangira ubumwe n'ubwiyunge mu karere k'ibiyaga bigari by'Afurika.
18:00 - 18:29
Amakuru y'Akarere
Tayiwani kuri uyu wa gatandatu yatangaje ko igisirikare cy’Ubushinwa cyakoze imyitozo y’uburyo cyayigabaho gikoresheje indege n’amato y’intambara. Yavuze ko ibyo byakozwe mu rwego rwo kwihimura kubera uruzinduko Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’Amerika, Nancy Pelosi, yagiriye muri icyo gihugu.