Imirwano hagati y’Umutwe wa M23 na Leta ya Kongo irakomeje, aho iki gihugu cyatangiye gutoza urubyiruko rwo kujya ku rugamba kurwanya uwo bita umwanzi. Leta ya Kongo yashishikarije urubyiruko gukunda igihugu, bityo urubyiruko narwo ruvuga ko rwiteguye gupfa ariko rukarengera igihugu.
Urubyiruko rwo muri Kongo ruri Gutozwa kujya ku Rugamba Guhangana na M23
Forum