Uko wahagera

Ubwigenge bwa Sudani y'Epfo n'Amahame y'Umuryango Nyafrika


Ubwigenge bwa Sudani y'Epfo n'Amahame y'Umuryango Nyafrika
Ubwigenge bwa Sudani y'Epfo n'Amahame y'Umuryango Nyafrika

Republika ya Sudani y’Epfo yabonye ubwigenge bwayo taliki ya 9 z’ukwa karindwi umwaka wa 2011.

Nyuma y’imyaka igera hafi 30 y’intambara, Sudani irashyize icitsemo ibihugu bibiri. Sudani mu majyaruguru na Republika ya Sudani y’Epfo mu majyepfo. Republika ya Sudani y’Epfo yabonye ubwigenge bwayo taliki ya 9 z’ukwa karindwi umwaka wa 2011.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Thomas Kamilindi yavuganye n’impuguke ku bibazo byo gukemura impaka bwana Gervasi Condo uba inaha mu karere ka Washington DC. Bwana Condo kandi yabaye umudiplomate w’u Rwanda mu biro by’Umuryango w’Afurika Addis Abeba muri Ethiopia hagati y’imyaka y’1988 na 1995.

Aha bwana Condo arasobanura ingaruka ubwigenge bwa Sudani bushobora kugira ku mahame remezo y’umuryango w’Afurika Yiyunze

XS
SM
MD
LG