Uko wahagera

U Rwanda Rugiye Kuvanaho Ikiguzi ca Visa ku Bihugu Bitari Bike


Perezida w'u Rwanda Paul kagame n'umushikiranganji wa mbere w'Ubwongereza Boris Johnson
Perezida w'u Rwanda Paul kagame n'umushikiranganji wa mbere w'Ubwongereza Boris Johnson

Leta y’ U Rwanda yatangaje ko igiye gukuraho ikiguzi cya visa ku bantu bose bakomoka muri Afurika, mu bihugu bigize umuryango wa Commonwealth kimwe n’ibigize uwa Francophonie.

Perezida w’U Rwanda yabitangarije i London mu Bwongereza ejo ku wa kabiri aho yari yitabiriye inama yahuje Afurika n’Ubwongereza igamije gushishikaza ishoramari.

Clare Akamanzi, umuyobozi mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe iterambere (RDB), mu kiganiro n'umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika i Londres mu Bwongereza, yashishikarije kandi abashoramali b’Abongereza kuza mu Rwanda.

U Rwanda Rugiye Kuvanaho Ikiguzi ca Visa ku Bihugu Bitari Bike
please wait

No media source currently available

0:00 0:05:15 0:00


Facebook Forum

XS
SM
MD
LG