Bassirou Diomaye Faye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwo muri Senegali, kugeza ubu mu majwi amaze kubarurwa mu bakandida biyamamariza kuba perezida ni we uri kuza imbere. Muri aba harimo na Amadou Ba wahoze ari ministiri w’intebe.
Senegali: Bassirou Faye Utavuga Rumwe n'Ubutegetsi Ashobora Gusimbura Sall ku Mwanya wa Perezida
Forum