Uko wahagera

Rwanda Revenue Irahiga Abacura Ibirango Byayo


Ibirango mpimbano
Ibirango mpimbano

Ikigo gishinzwe imisoro n'amahoro mu Rwanda gikomeje guhiga abantu bacura ibirango byacyo mu rwego rwo gukwepa imisoro.

Ubuyobozi bw'icyo kigo buravuga ko hari abantu bigana ibirango byacyo bakabishyira ku bicuruzwa byabo ku buryo ubu hari n'abatangiye gutabwa muri yombi.

Ukurikije uburyo ibirango byemewe biteye n'ibivugwa ko ari ibyiganano biragoye kubitandukanya. Abacuruzi na baracyagaragaza ubumenyi buke kuri ibi birango.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika mu Rwanda Eric Bagiruwubusa ni we wakurikirany iyi nkuru.

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:45 0:00

XS
SM
MD
LG