Uko wahagera

Rwanda: Umunsi mukuru w'Intwari


U Rwanda rwizihije ku nshuro ya 22 umunsi mukuru w'intwari z'igihugu.

Uyu ni umuhango wabaye mu byiciro bibiri. Hari icyiciro cyitabiriwe n'abayobozi bakuru barimo Perezida Paul Kagame washyize indabo ahubatse ikimenyetso cy'ubutwari.

Nyuma ya sa sita, imiryango yabafite ababo bashyinguwe ku gicumbi cy'intwari. Ni umuhango wamaze iminota itarenga 30 yaba uwabanje ndetse n'uwakurikiyeho.

Voma ibindi

XS
SM
MD
LG