Uko wahagera

Kwibuka 26 Bizokorwa Hiyambajwe Ikoranabuhanga


Uyu mwaka, umunsi wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ntuzizihirwa nk'uko byari biteganijwe.

Ambassaderi w'u Rwanda mu Buholandi Jean-Pierre Karabaranga yabwiye Ijwi ry’Amerika ko gahunda yari iteganijwe yo guhuza abantu benshi yahagaritswe kubera icyorezo cya virusi ya Corona.

Ariko igikorwa nyir'izina cyo kwibuka kikazubahizwa hakoreshejwe ikoranabuhanga. Yavuganye n'umumenyeshamakuru w'Ijwi ry'Amerika Venuste Nshimiyimana.

Kwibuka 26 Bizokorwa Hiyambajwe Ikoranabuhanga
please wait

No media source currently available

0:00 0:03:21 0:00


Facebook Forum

XS
SM
MD
LG