No media source currently available
Abaturage bo mu bice bitandukanye bya Kenya, bahangayikishijwe ku buryo bukomeye n'ikibazo cy'imvura nyinshi yaguye ikabateza imyuzure yahitanye abantu 70, abandi benshi ikabasiga badafite aho barambika umusaya. Kuva mu karere kamwe ujya mu kandi ntibigishoboka ku buryo bworoshye.