Uko wahagera

Isi Yijihije Isabukuru ya 73 y'Itangazo ry'Uburenganzira bwa Muntu


Mukasine Marie Claire uyobora Komisiyo y'igihugu y'uburenganzira bwa muntu mu Rwanda
Mukasine Marie Claire uyobora Komisiyo y'igihugu y'uburenganzira bwa muntu mu Rwanda

Kuri uyu wa gatanu u Rwanda rwifatanije n’isi mu kwizihiza isabukuru ya 73 y’itangazo mpuzamahanga ry’uburenganzira bwa muntu.

Insanganyamatsiko y’isabukuru ya 73 y’iri tangazo isaba ko habaho kugabanya ubusambane bw’abantu nk’imwe mu ntwaro zakwifashishwa mu guteza imbere uburenganzira bwa muntu.

U Rwanda rutangaza ko uburenganzira bwa muntu burushaho kugenda bwubahirizwa mu gihugu. Gusa leta ivuga ko hari ibikwiye gushyirwamo imbaraga kurusha, nko kuzamura ubushobozi bw’umugore.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika, Assumpta Kaboyi uri i Kigali mu Rwanda ni we wabakurikiraniye iyi nkuru:

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:47 0:00


Facebook Forum

XS
SM
MD
LG