Kuri uyu wa gatanu u Rwanda rwifatanije n’isi mu kwizihiza isabukuru ya 73 y’itangazo mpuzamahanga ry’uburenganzira bwa muntu.
Insanganyamatsiko y’isabukuru ya 73 y’iri tangazo isaba ko habaho kugabanya ubusambane bw’abantu nk’imwe mu ntwaro zakwifashishwa mu guteza imbere uburenganzira bwa muntu.
U Rwanda rutangaza ko uburenganzira bwa muntu burushaho kugenda bwubahirizwa mu gihugu. Gusa leta ivuga ko hari ibikwiye gushyirwamo imbaraga kurusha, nko kuzamura ubushobozi bw’umugore.
Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika, Assumpta Kaboyi uri i Kigali mu Rwanda ni we wabakurikiraniye iyi nkuru:
Facebook Forum