Abantu 11 ni bo bamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka y’imodoka itwara abagenzi yabereye mu murenge wa Bwishyura mu karere ka Karongi mu Burengerazuba bw’u Rwanda, abandi 17 nabo bakomeretse bikomeye.
Inzego z’igipolisi zabwiye Ijwi rya Amerika ko kugeza ubu icyateye iyo mpanuka kitaramenyekana, ariko hacyekwa umunaniro w’uwari uyitwa.
Inkuru y'Umunyamakruru w'Ijwi ry'Amerika Themistocles Mutijima.
Facebook Forum