Urubyaro rutangwa na babiri. Gusa, mu muco wa Kinyarwanda wo hambere, iyo habaga ubugumba mu muryango akenshi amakosa yashyirwaga ku mugore.
Iki kibazo twakiganiriye na Docteur Leonard Kagabo wo muri ministeri y’ubuzima mu ishami rishinzwe ubuzima bw’umubyeyi n’ubw’umwana mu gice gishinze kuboneza urubyaro mu Rwanda.
Dogiteri Kagabo avuga ko n’ubwo akenshi ibibazo byo kubona urubyaro byamaganirwa ku mugore, hari igihe abagabo babigiramo uruhare.
Ibindi bisobanuro murabisanga muri iki kiganiro Docteur Kagabo yagiranye n’umunyamakuru w’ijwi rya Amerika Eugenia Mukankusi.
Iki kibazo twakiganiriye na Docteur Leonard Kagabo wo muri ministeri y’ubuzima mu ishami rishinzwe ubuzima bw’umubyeyi n’ubw’umwana mu gice gishinze kuboneza urubyaro mu Rwanda.
Dogiteri Kagabo avuga ko n’ubwo akenshi ibibazo byo kubona urubyaro byamaganirwa ku mugore, hari igihe abagabo babigiramo uruhare.
Ibindi bisobanuro murabisanga muri iki kiganiro Docteur Kagabo yagiranye n’umunyamakuru w’ijwi rya Amerika Eugenia Mukankusi.