Uko wahagera

Ikibazo cy'Ubugumba mu Muryango Nyarwanda


Tumwe mu turemangingo, ADN, tugaragaza imiterere y'umuntu.
Tumwe mu turemangingo, ADN, tugaragaza imiterere y'umuntu.
Urubyaro rutangwa na babiri. Gusa, mu muco wa Kinyarwanda wo hambere, iyo habaga ubugumba mu muryango akenshi amakosa yashyirwaga ku mugore.

Iki kibazo twakiganiriye na Docteur Leonard Kagabo wo muri ministeri y’ubuzima mu ishami rishinzwe ubuzima bw’umubyeyi n’ubw’umwana mu gice gishinze kuboneza urubyaro mu Rwanda.

Dogiteri Kagabo avuga ko n’ubwo akenshi ibibazo byo kubona urubyaro byamaganirwa ku mugore, hari igihe abagabo babigiramo uruhare.

Ibindi bisobanuro murabisanga muri iki kiganiro Docteur Kagabo yagiranye n’umunyamakuru w’ijwi rya Amerika Eugenia Mukankusi.

please wait

No media source currently available

0:00 0:05:50 0:00
Ibishamikiyeho
XS
SM
MD
LG