Abarundi bari basanzwe bakora imirimo irimo ubwubatsi no guteka muri za Restaurant mu Mujyi wa Uvira iri mu ntara ya Kivu y’Epfo barasaba leta ya Kongo kubafungurira umupaka wa Kavimvira bagasubira mugihigu cy’Uburundi kubera ko bugarijwe ni ibibazo by’inzara yatewe ni icyorozo cya Virusi ya Corana yatumye imwe mu mirimo bari basanzwe bakora ihagarara .
Facebook Forum